Pacis TV

Muhanga: Baruhutse kwambuka Nyabarongo bajya gusaba serivise z’ubuzima

Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’intwari , Abatuye mu murenge wa Mushishiro akagari ka Rwigerero mu Karere ka Muhanga, bashyikirijwe ivuriro, bituma bavuga ko nyuma yo kubakirwa ivuriro, baruhutse urugendo bakoraga bambuka umugezi wa Nyabarongo bajya gushaka serivise z’ubuvuzi mu karere ka Ngororero. UBUYOBOZI BW’AKARERE KA MUHANGA BUTAHA KU MUGARAGARO IVURIRO RIRI MU UMURENGE WA MUSHISHIRO […]

Uburwayi bwa“clubfoot”si amarozi-Inzobere mu kuvura iyi ndwara yibasira abana bakivuka 

Inzobere zivura uburwayi bufata ibirenge bya bamwe mu bana bakivuka buzwi nka “ Clubfoot”zivuga ko atari amarozi ahubwo ari uburwayi buvurwa bugakira iyo bwakurikiranwe hakiri kare, nubwo hari ababitekereza uko. Clubfoot ni uburwayi bw’ibirenge bufata abana bakivuka Dr Lugamamuri Muhamed wo mu gihugu cya Niger na Emmanuel Nsengiyumva ukorera mu Rwanda, ni zimwe mu nzobere zivura uburwayi bwa Clubfoot, zihamya ko […]

Gisagara: Abaturage bishimira serivisi nziza z’ibitaro bya Kibirizi

Gisagara: Abaturage bishimira serivisi nziza z’ibitaro bya Kibirizi

Mu karere ka Gisagara, abaturage bo mu mirenge ya Kibilizi na Kansi bagaragaza ko bishimiye kuba baturanye n’ibitaro bya Kibilizi, aho benshi bavuga ko ubuzima bwabo bwahindutse mu buryo bugaragara kubera ubuvuzi bwihuse kandi bufite ireme bahabwa, bakabasha no kwiteza imbere babikesha ibi bitaro. Aba baturage bavuga ko kubona ibitaro bikora neza mu gace kabo […]