USA yavuguruye amasezerano ya Agoa yoroshya ubucuruzi hagati yayo n’ibihugu by’Afurika

Kuwa Kabiri taliki ya 3 Gashyantare 2026, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zavuguruye amasezerano ya AGOA (African Growth and Opportunity Act) akaba amasezerano yemerera ibihugu by’ Afrika kugeza ibicuruzwa byabyo ku masoko yo muri Amerika nta misoro ya gasutamo itanzwe ku butaka bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika. AMASEZERANO YA AGOA Ivugururwa ry’aya masezerano rikaba rifatwa nk’intambwe […]
Abaseminari barasabwa kwiga bashyizeho umwete

Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yasabye abanyeshuri biga mu Iseminari Nto ya Karubanda gushyira umwete mu masomo no gukoresha neza igihe cyabo, abibutsa ko bizabagirira akamaro mu bihe biri imbere basoje amashuri yabo, mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 63 iri shuri rimaze rishinzwe, byabanjirijwe n’Igitambo cya Misa yo guhimbaza Bikira Mariya Utarasamanywe Icyaha, umurinzi waryo.
RDC: Urubyiruko rwose rugiye kujya rwinjizwa mu gisirikare

Inteko ishinga amategeko ya Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rivuga ko buri musore n’inkumi bose bagomba kujya binjira mu gisirikare cy’igihugu, nk’uko byatangajwe na radio/televiziyo y’igihugu RTNC. Uyu mushinga watanzwe uvuga ko buri nkumi n’umusore bafite imyaka y’amavuko hagati ya 18 na 30, bagomba kuba bari mu gisirikare, mu rwego rwo […]